Mu Rwanda

Iyo wemeye ko baguha, uba wigize ubusa - Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yasabye Abanyarwanda kwirinda umuco wo....

216 123
Inzoka zifite akamaro gakomeye ku rusobe rw’ibinyabuzima nubwo inke muri zo zifite ubumara...

Buri mwaka tariki ya 16 Nyakanga, Isi yizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Inzoka (World Snake Day), umunsi ugamije kwibutsa abantu uruhare....

666 123
U Rwanda rukomeje kuza ku isonga muri Afurika mu kurwanya ruswa

U Rwanda rukomeje kwigaragaza nk’igihugu kiyoboye ibindi muri Afurika mu kurwanya ruswa, nyuma y’uko raporo y’Umuryango Mo Ibrahim Foundation ya....

171 123
Perezida Kagame yashyizeho abanyamabanga bahoraho bashya muri Minisiteri ya Siporo n’iy’Urubyiruko

Perezida Kagame yagize Ngabo Brave Olivier Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, naho Ishungure Parfait agirwa Umunyambanga Uhoraho....

198 123
Abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye basaga ibihumbi 258 bagiye gukora ibizamini bya Leta bisoza...

Abanyeshuri 258,255 bo mu mashuri yisumbuye yo hirya no hino mu Rwanda bagiye gutangira gukora ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa....

225 123
Ni yo mpamvu ibijyanye n’amakuru mu buzima tubiha agaciro cyane - Minisitiri Dr. Sabin Nsanzimana

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko u Rwanda rwahisemo gushyira imbere ikoreshwa ry’amakuru y’ubuzima n’ikoranabuhanga kuko ari....

423 123
Perezida Kagame yageze muri Qatar gufata mu mugongo Amir Sheikh Tamim bin Hamar Al-Thani...

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze i Doha muri Qatar kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Nyakanga, aho agiye gutanga ubutumwa bw’ihumure no....

162 123
Perezida Kagame yasezereye mu Ngabo z’u Rwanda abasirikare 1,443 barimo ba Jenerali batatu

Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Paul Kagame, yemeje ishyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru ry’abasirikare....

306 123
MINISANTE yagaragaje ko mu bitaro byo mu gihugu hose hakeneye kongerwamo ibitanda 3,000 hagamijwe...

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko mu bitaro byo mu gihugu hose hakenewe kongerwamo ibitanda 3,000 kugira ngo bifashe kugabanya....

315 123
RMS yananiwe kumvisha PAC uburyo intebe za miliyoni 11 Frw zangiritse zikoreshejwe mu mezi...

Ikigo gishinzwe kugura no gukwirakwiza imiti n’ibikoresho byo kwa muganga mu Rwanda (Rwanda Medical Supply Ltd - RMS) cyananiwe gutanga....

153 123
Contact

KIGALI/NYARUGENGE

+250783046313

+250788251903

info@imirasire.com

Follow Us
Newsletter
amakuru ni uberenganzira bwanyu kuyamenya natwe turasiye hirya no hino kubwanyu

© 2017 - 2026 Imirasire.rw. All Rights Reserved. Design by IMIRASIRE